rw-x-kinyabwisha_reg/47-1CO.usfm

536 lines
52 KiB
Plaintext
Raw Normal View History

2022-11-18 15:59:42 +00:00
\id 1CO
\ide UTF-8
\h 1 Abikorinto
\toc1 1 Abikorinto
\toc2 1 Abikorinto
\toc3 1co
\mt 1 Abikorinto
\c 1
\cl Isura 1
\p
\v 1 Paulo wahamagariwe kuba intumwa ya Yesu Kristo k'ubushake bw'Imana hamwe na Sositene wo duhujije kwizera.
\p
\v 2 Ku Kanisa ry'Imana riri i Korinto, ku ntungane zose muri Yesu Kristo, intungane mu muhamagaro n'abitabazaga, aho bari hose, Yesu Kristo nk'Umwami wabo n'uwacu.
\p
\v 3 Muhabwe ubuntu n'ituze biturutse ku Mana Data wacu twese n'Umwami Yesu Kristo.
\p
\v 4 Mporaga ndigushimira Imana kubera mwewe, kubera ubuntu bw'Imana mwabwenye muri Yesu Kristo.
\v 5 Kubera muri we mwasenderejweho ubukire bw'uburyo bwose bwerekeye igambo n'ubumenyi.
\v 6 Ubuhamya bwa Kristo bwahewe ingufu muri mwewe.
\v 7 Kugeza ho ari nta mpano muburire, murindiriye kwiyerekana k'Umwani wacu Yesu Kristo.
\v 8 Akabashobweje kugeza k'umwisho, kugira ngo mutagira umugayo ugo musi g'Umwami wacu Yesu Kristo.
\v 9 Imana n'iyo kwizerwa, yo yabahamageye ngo mube umwe n'Umwana we, Yesu Kristo Umwami wacu.
\p
\v 10 Ndabasabye mwewe bizeraga kimwe na twewe, mu zina ry'Umwami wacu Yesu Kristo ngo mugambe rumwe, mwere kutumvikana, ariko mube umwe m'Umwuka gumwe no mu myumvire imwe.
\v 11 Kuko, bavukanyi, abantu ba Klowe bambwiye ko harimo intonganyi hagati yanyu.
\v 12 Ndigushaka kugamba ko buri muntu muri mwewe arikwibwira ngo: Nyowe ndi uwa Paulo, nyowe uwa Apolo, na nyowe ndi uwa Kefa, na nyowe uwa Kristo.
\v 13 None si Kristo yacicemo ibice? Paulo si yababambiwe? Cangwa si mwabatijwe mu izina rya Paulo ?
\v 14 Ndigushimira Imana kuko ntawe nabatije muri mwese, keretse Kirispusi na Gayusi.
\v 15 Kugira ngo here kugira umwe umbeshera ngo namubatije mu izina rya nyowe.
\v 16 ndibutse ko nabatije umuryango gwa Stefanasi, ahasigeye ndazi ko nta wundi nabatije.
\v 17 Ndo Kristo yantumire ngo mbatize, yantumire ngo ntangaze Umwaze Guboneye, kandi mbikore ntakoresheje ubwenge bwo kugamba neza, kugira ngo umusaraba gwa Kristo gwere guhindurwa busha.
\p
\v 18 Kubera guhubiri iby'umusaraba n'ubusazi ku abari gupfa. Ariko kuri twewe twakijijwe n'ingufu z'Imana.
\v 19 Kandi birandikirwe ngo: Ngakureho ubwenge bw'abanyabwenge kandi ngahindure busha ubumenyi bw'abamenyi.
\p
\v 20 Umunyabwenge mu yino si ari ngahe? Umukarani si we ari hehe? Umunyabitekerezo biboneye we si wa yino misi ari hehe? Imana si ndo yamwajije abanyabwenge ba kino gihe ikabahindura abasazi?
\v 21 Kuko isi n'ubwenge bwayo ndo byamenye Imana, byabonereye Imana mu bwenge bwayo gukuza abizeye n'ubusazi bw'amahubiri g' Igambo ryayo.
\v 22 Abayuda basabaga ibitangaje hambere yo gukurikira umuntu. Abagriki bo babaga barigushakisha ubwenge m'uburyo bwo gutekereza ku bintu by'umwuka.
\v 23 Ariko twewe dutangazaga ibya Kristo wadupfiriye ku musaraba. Ku Bayuda ubutumwa by' umusaraba nta muntu wobwemera kubera ko urupfu rwo k'umusaraba n' ikivumo naho ku Bagiriki ubyemeye n' umusazi.
\v 24 Ariko kuri twewe twahamagewe n' Imana ngo tumenye Kristo n' ingufu z' Imana zo kudukiza kurimbuka n'ubwenge bwo kumumenya no kwiga ibye. Umwaze Guboneye ndo gubitswe n' ikabila iyoba ariyo yose cangwa ibitekerezo by'abantu, muri Kristo Abayuda ndo baruta abandi bantu hano ku si.
\v 25 Kuko ubusazi bw' Imana buviyemo ubwenge burushije ibitekerzo biboneye by'umuntu ushobweye gutekereza, kandi intege nkeya z' Imana zirushije ingufu z' umuntu wose wabeyeho ku si.
\p
\v 26 Mwibaze rero bavukanyi ko muri mwewe mwahamagewe nta banyabwenge bahagije mufite m' umubiri, cangwa abafite ingufu cangwa abanyacubahiro bari muri mwewe.
\v 27 Ariko Imana yacaguye ibintu bya yino si ngo imwaze abanyabwenge, Imana yacaguye ibintu bitagira ingufu kugira ngo imwaze ibifite ingufu.
\v 28 Kandi Imana yacaguye ibintu bimwaye kandi ibigawe bya yino si, ibitariho kugira ngo ishire hasi ibiriho.
\v 29 Imana yakorire guco kugira ngo here kugira umuntu wo kutwirataho.
\v 30 Kandi, niwe watumye mubera muri Kristo, muri we k'ubushake bw'Imana yagizwe ubwenge bwacu, ukuri, ukwezwa na gukizwa kwacu,
\v 31 Kugira ngo, nguko byarandikirwe ngo: Uwishiraga hejuru wose yipandishe kubera ibyo Umwami yamugiriye.
\c 2
\cl Isura 2
\p
\v 1 Kuri nyowe, bavukanyi, igihe nari ndikwija hawenyu, ndo nakoresheje amagambo go kwipandisha cangwa si ag'ubwenge. Nyowe nababwiye ukuri kwerekeye Imana.
\v 2 Kuko ndo nagize igitekerezo co kumenya ikindi kintu atari Yesu Kristo, kandi Yesu Kristo wababambirwe.
\v 3 Nyowe nyenyine nabenye namwe nta ingufu, mfite ubwoba kandi ndigutitira.
\v 4 Kandi igambo rya nyowe n'amahubiri ga nyowe ndo byabeye bihagarariye ku magambo go kwemeza guzuyemo ubwenge, ariko naberekire byose mu Mwuka n'ingufu.
\v 5 Kugira ngo kwizera kwanyu kutahagararira ku bwenge bw'abantu gusa ariko ku ngufu z'Imana.
\p
\v 6 Ariko n'ubwenge twigishaga hagati y'abatagira inenge atari ubwenge bwa kino gihe, atari ubwo abatware ba kino gihe bakagirwe busha.
\v 7 Twigishije ubwenge bw'Imana, butamenyekana kandi buhishwe kuva hambere kugeza na buno, bwateganyijwe kugira ngo dupandishwe.
\v 8 Nta n'umutware uwo ari wo wose mu bategekaga isi wamenye ubwenge bwerekeye umupango gw'Imana, kuko babeye babumenye, ndo baba barabambye Umwami w'ikuzo.
\v 9 Ariko nguko byandikirwe ngo: Ni ibyo bintu byo ijisho ritabwenye na rimwe, ugutwi gutapimye kumva bitayinjiye mu mitima g'umuntu, n'ibyo bintu Imana yatayarishirije abayikundaga.
\p
\v 10 Imana yabihishurije Umwuka kuko Umwuka gurebaga ibintu byose, kandi gumenyaga byose. Ndetse gwiji n'amabanga gahishwe ndani y'ibitekerezo by'Imana yiji yonyine.
\v 11 Ni nde mu bantu wiji ibyo abantu atari umutima g'umuntu gumurimo? Guco, nta muntu wiji iby'Imana atari Umwuka gw'Imana.
\v 12 Ariko twewe ndo twahewe Umwuka gw'isi, ariko twahewe umwereko gw'Imana kugira ngo tumenye ibintu Imana yaduheye k'ubuntu.
\v 13 Ndo tubigambaga dukoresheje amagambo g'ubwenge bw'umuntu, ariko hamwe n'ibyo Umwuka gutwigishaga, turigukoresha ingambo z'Umwuka ku byerekeye ibintu by'Umwuka.
\v 14 Ariko umuntu wa kamere ndo yemeraga iby'Umwuka gw'Imana, kuko kuri we ibyitaga ubusazi, ndo yobimenya kuko bisobanurwaga m' Umwuka.
\v 15 Umuntu wiji Imana, arondoraga byose, kandi nta n'umwe umuciraga urubanza.
\q
\v 16 Kuko ni nde wamenye ibitekerezo by'Imana ngo amwigishe? Amwereke inzira n' ibyo gukora? Ariko twewe, dufite ibitekerezo bya Kristo.
\c 3
\cl Isura 3
\p
\v 1 Kuri nyowe, ndo nabagambishije ngaho muri abantu b'Umwuka ariko, nk'abana batoya bunzwe kuri Kristo.
\v 2 Nabaheye amata atari ibiryo bikomeye kubera ko ndo mwari mubishobweye, kandi na buno ndo mubishobweye kuko muracari abo umubiri.
\v 3 Kuko muri mwewe harimo ishari, intonganyi, none si, ndo mukiri ab' umubiri? Kandi si, ndo muri kugendera mu bitekerezo by'abantu?
\v 4 Iyo umwe arikugamba ngo: Nyowe ndi uwa Paulo, n'uwundi ngo, ndi uwa Apolo, si mukiri abantu batarizera?
\v 5 Apolo n'iki cangwa Paulo n'iki? Bose si ndo ari abakozi mu nzira yo mwakirijwemo, ukurikije uko Umwami yapangiye buri wose.
\v 6 Naminjije imbuto, Apolo asukiraho amazi, ariko uwakujije ni Imana.
\v 7 Nguko ndo ari uwateye imbuto ufite akamaro, cangwa si uwasukiriye amazi, uwa gombwa n' Imana ikuzaga.
\v 8 Uwateye imbuto n'uwasukiriye amazi bose barangana kandi buri wose akabone umushara gukwiranye n'akazi ke.
\v 9 Kuko turi abakozi hamwe n'Imana. Muri umurima gw'Imana n'inyubako ye.
\p
\v 10 Nguko nahewe ubuntu n'Imana, nashijeho umusingi nk'umwubatsi ufite ubwenge, n'uwundi yubaka hejuru. Ariko buri muntu yirinde uburyo akoreshaga kubaka hejuru yago.
\v 11 Kuko nda muntu ushobweye gushiraho ugundi musingi atari uguhozeho, arigo Yesu Kristo.
\v 12 Kandi umuntu abeye yubatse hejuru y'umusingi n'izahabu, cangwa ifeza, cangwa amabuye gahenze, cangwa ibiti cangwa ibikenyeri cangwa isovu, akazi ka buri muntu kakihe agaciro.
\v 13 Kuko umusi gumwe akazi ka buri muntu kakamenyekane no gupimwa n'umuriro kandi umuriro ni gwo gukapime umurimo gwa buri muntu.
\v 14 Akazi k'umuntu ko yubatse kabeye katagurumiye, akahabwe umushahara guboneye.
\v 15 Ariko iby' umuntu yubatse bigurumiye, we akakizwe nk'unyururutse mu muriro.
\p
\v 16 Ndo muzi si ko muri ikanisa y'Imana n'uko Umwuka gw'Imana guri muri mwewe.
\v 17 Umuntu abaeye ashenyuye inzu y' Imana ikamushenjagura, kuko ikanisa y' Imana iratungenye, namwe niko muri.
\p
\v 18 Here kugira uwihabya wo wonyine: Niba hari umuntu hagati yanyu utekerezaga ko afite ubwenge bwa kino gihe, abe umusazi kugira ngo ahinduke umunyambwenge.
\v 19 Kuko ubwenge bwa yino si ni ubusazi hambere y'Imana. Kandi biranditkirwe ngo: Afatiraga abasazi mu butiriganya bwabo.
\v 20 Kandi ngo: Umwami yiji ibitekerezo by'abanyabwenge kuko yiji ko ari busha gusa.
\v 21 Umuntu rero yere gushira ibyiringiro bye mu bantu, kubera ko byose ari ibyanyu.
\v 22 Abeye Paulo cangwa Apolo, abeye Kefa cangwa isi, habeye gupfa cangwa ibintu turikureba, cangwa ibintu by'ejo, byose ni ibyanyu.
\v 23 Na mwewe muri aba Kristo, na Kristo ni uw'Imana.
\c 4
\cl Isura 4
\p
\v 1 Kubera ibyo mureke baturebe ng'abakozi ba Kristo kandi ng'abatangaga ibihishwe by'Imana.
\v 2 Ihasigeye, twigishe ibihishwe by'Imana idusabire kandi tubomore kubera ko Imana yadutunganije ngo tubikore.
\v 3 Kuri nyowe, ndo mpangayitse kubyo kuncira imanza, cangwa si mu tribinali y'abantu. Ndo ndikwicira urubanza, kuko nta na kimwe kirikuntsinda.
\v 4 Ariko ndo ari ukubera ibyo nagizwe umunyakuri. Umwami niwe unciraga urubanza.
\v 5 Nico gitumye mutagombye guca urubanza hambere y'igihe, murindire Umwami ayije, niwe ukahishure ibihishwe mu muyobe, akerekane imipango yo mu mitima. Nuko buri muntu akahabwe n' Imana ishimwe rimukwiriye.
\p
\v 6 Ni mwewe mwatumye, bavukanyi, nakoreshaga bino bintu ndikugamba ibinyerekeyeho na Apolo kugira ngo mutwigireho mwere kugendera kure y'ibyandikirwe. Kandi here kugira uwiratira umwe cangwa uwundi.
\v 7 None si, n'iki kidutandukanyije? N'iki si ufite co utahewe? None si ubeye wabihewe, kuki urikwirata, naho atari ibyo wahewe? Twewe turi kimwe.
\v 8 Ko muhagire si, mwabeye abakire, tutahari mwatangiye gutegeka. Ni mutegeke kugira ngo na twewe dutegeke hamwe na mwewe.
\v 9 Kuko, ndikubona Imana yatugize intumwa, abanyuma muri bose, abaciriweho urubanza rwo gupfa mu nzira imwe, kuko twabereye isi, abamalaika n'abantu ibyo gushungera.
\v 10 Turi abasazi kubera Kristo, ariko mwewe muri abanyabwenge muri Kristo, nta kamaro dufite ariko mwewe murakomeye. Murashimwaga twewe tukagawa!
\v 11 Kugeza buno, twishwe n'inzara, n'imyota, twambeye busha, dufashwe nabi, turiguhangaika hino no hirya.
\v 12 Turarushe gukoresha amaboko, turigutukwa, turigutanga imigisha, tukicwa ariko turikwihangana.
\v 13 Turikubesherwa, tukagamba twitondire, twahindutse ngaho turi umucafu gw'isi, ibyo gutabwa n'abantu kugeza na buno.
\p
\v 14 Ndo mbandikiye bino kugira ngo mbamwaze, ariko mbanjije kubabwira kuko muri abana nikundiraga.
\v 15 Kuko naho mwoba mufite abalimu ibihumbi icumi muri Kristo, ndo mufite ba so kangari, kuko ari nyowe wabazeye muri Kristo Yesu m'umwaze guboneye.
\v 16 Kubera ibyo ndabihanangirije munyigane.
\v 17 N'ukubera ibyo nabatumiye Timoteo, umwana wa nyowe, wo nkundaga kandi wo nizeraga m' Uwami, akabibutse inzira za nyowe muri Kristo niba izo ari zo, uko nigishaga hose mu makanisa gose.
\v 18 Bamwe bujwiyemo ubwirasi ngo ndo mfite uruhusha rwo kwija iwanyu.
\v 19 Ariko ndigupanga kwija, Imana ibeye yenda, kandi nkamenye, atari amagambo gabo gusa, ahubwo niba bafite ingufu z' Imana muri bo.
\v 20 Kuko ubwami bw'Imana atari amagambo gusa, ahubwo n'ingufu z'Imana.
\v 21 Murigushaka ngo nkore ki? Nkayije si ha wenyu mfite inkoni yo kubahanisha cangwa si ndikubereka urukundo n'umutima go kwitonda ?
\c 5
\cl Isura 5
\p
\v 1 Abantu barigucurira umwaze mubi ko mu kanisa ryanyu harimo umusambanyi, kandi uwo muntu ariho m'ubusambanyi butarigeze kubaho no mu abapagani, bigeze aho umwe muri mwewe yasambanyije umugore wa se.
\v 2 Kandi murikwirata! Aho kurira kubera ico caha, kurikumwaza ikanisa ryose. Uwakorire ibyo akurwe hagati ya mwewe.
\v 3 Kuri nyowe, ndi kure yanyu m'umubiri, ariko hamwe na mwewe m' umutima. Uwo muntu namucuriye urubanza kera, nkaho nari ndiho.
\v 4 Igihe mwikeye hamwe muriguhimbaza kandi murigutegekwa n' ingufu z'Umwami Yesu, umutima gwa nyowe gubatangiwe guri hamwe na mwewe.
\v 5 Umuntu umeze guco naramuciriye kera urubanza, mumuhe shetani ngo izambye umubiri gwe, kugira ngo umwuka gwe gukizwe umusi go kugaruka k'Umwami Yesu.
\v 6 Murikwiratira busha. Ndo mwiji ko umusemburo mukeya gubyimbishaga umutsima gose?
\v 7 Mwikuremo umusemburo gushaje, kugira ngo mubere umutsima mushasha ari nda musemburo gubarimo, kuko Kristo Paska yacu, yabeye igitambo cacu.
\v 8 Nuko rero, dukore umusi mukuru turigukurikiza amategeko go kwiboneza. Mute kure umusemburo gwa kera, umusemburo go kuyumvira n' ububi. Dukore imisi mukuru turikumvira Imana, turikugambishanya m' umukuri n' n'urukundo. Guco, tukabe nk' imikate itarimo umusemburo.
\p
\v 9 Nabandikiye mu baruwa ya nyowe ngo mwere kwiyunga n'abasambanyi.
\v 10 Ndo ari ukugamba ngo mwere kubana na rimwe n'abasambanyi bo muri yino si, cangwa abantu barigushaka kwikururira byose, ibisambo cangwa si abasengaga ibisanamu, niba atari guco, kuko biboneye ko muva mwa yino isi.
\v 11 None rero ngibi ibyo nabandikiye, mwere kwiyunga n'uwo muntu wiyitaga umuvukanyi, kandi ari umusambanyi, agashaka byose wenyine, agasenga ibisanamu cangwa akaba uwo gutukana, umusinzi, umusambo, mwere kurya n'umuntu umerire guco.
\v 12 None si ndigucira urubanza abo tutari hamwe kubera ki? None si ndo ari abo mwacu tugomba guhana?
\v 13 Ibyerekeye abari hanze, Imana ibaciriye urubanza yo yonyine. Mwirukane uwo mwanzi mubi hagati yanyu.
\c 6
\cl Isura 6
\p
\v 1 Umwe muri mwewe iyo afite intonganyi n'uwundi kuki yoregera abajuji b'abapagani aho kuregera intungane?
\v 2 None si ntaho mwiji ko intungane zikategeke isi? Kuki si mutokwibuka ko turi ab'Imana kandi ko tukacire urubanza abatarizeye bo mu si? Kandi niba tukahane yino si umusi gumwe, kuki duhoraga turigukurura utubazo twa bure bure?
\v 3 Ntaho mwiji ko tukacire imanza abamalaika? None si kuki tutocira imanza ibya buno buzima ?
\v 4 Niba mushobweye kurangiza utubazo mu bintu bya buno buzima, none si ni kuki mutashobweye kurangiza ibibazo biri hagati y'abakrisito aho kubijana ku bapagani?
\v 5 Ndabigambye kugira ngo mumware. None si nta muntu n'umwe muri mwewe ufite ubwenge ushobweye gusomera urubanza abavukanyi?
\v 6 Ariko umuvukanyi arikurega mwira we hambere ya tiribinali y'abapagani ngo babarangirize intonganyi.
\v 7 Iyo bimarire kubaho akamenyero kabi kanyu ko kuregana kuki mutemeraga kubabazwa n'ukubura ukuri? Kuki si mutemeraga guheba ibyanyu?
\v 8 Ahubwo ni mwewe mukururaga ibyo kandi mwamburaga kandi mukabikorera bene nyoko na bashiki banyu.
\v 9 Ndo mwiji si ko ababeraga batakaragwe ubwami bw'Imana? Mwere kwibesha, hari abasambanyi, cangwa abasengaga ibisanamu, ababeberaga mu mazu gatari agabo kandi bafite abagore babo;
\v 10 cangwa abagabo basambanyaga abandi bagabo cangwa abagore bararanaga n'abandi bagore, cangwa abajura, cangwa abantu bikururiga byose bonyine, abasinzi, abatukanaga, abasambo nta numwe muri bo ukabone ubwami bw'Imana.
\v 11 Kandi n'iko mwiberaga, bamwe muri mwewe. Ariko mwayogejwe, mwagizwe itungane, mwagizwe abanyakuri, mu zina rya Yesu Kristo, n'Umwuka gw'Imana yacu.
\p
\v 12 Nemerewe byose, ariko byose ndo bimfitiye akamaro, byose ndabyemerewe ariko ndo nkagirwe umuboyi w'ico arico cose.
\v 13 Ibiryo n'ibyinda, n'inda ni iy'ibiryo nayo, ariko Imana ikakureho ari inda, ari n'ibiryo. Nuko rero umubiri ndo twaguhewe ngo tugukoreshe gusambana, ahubwo twahewe imibiri ngo tuzikoreshe gushimisha Umwami. Kandi Umwami nawe akaduhe ibyo kubeshaho umubiri.
\v 14 N' Imana yazuye Umwami, ikatuzure mu ngufu zayo.
\v 15 Ndo mwiji si ko imibiri yanyu ari ibice bya Kristo? None si ni nde ukafate ibice bya Kristo no kuzihuza n'ibice by'ubumbaraga ?
\v 16 Bibe kure ya nyowe! Ndo mwiji ko uwihujije n'umumbaraga aba abeye umubiri gumwe nawe? Kuko byayandikirwe ngo: Bombi bakabe umubiri gumwe.
\v 17 Ariko uwihujije n'Umwami aba ahindutse umwuka gumwe nawe.
\v 18 Muhunge ubusambanyi. Ikindi caha umuntu akoraga kiberaga hanze y'umubiri, ariko uwiheye m'ubusambanyi abaga akoreye umubiri gwe icaha.
\v 19 Ndo mwiji si ko umubiri gwanyu ari i kanisa y' Umwuka Guboneye guri muri mwewe, go mwahewe kuva ku Mana, kandi ko mutakiri abanyu?
\v 20 Kuko mwagurirwe ku beyi rinini. Mushimire Imana rero mu mubiri gwanyu no mu mutima gwanyu, kubera ko byose ari iby' Imana.
\c 7
\cl Isura 7
\p
\v 1 Ku byerekeye ibintu byo mwanyandikiyeho, ndikubona biboneye ko umugabo atakora ku mugore.
\v 2 Ariko kubera kwirinda ubusambanyi, buri muntu agire umugore we kandi buri mugore agire umugabo we.
\v 3 Buri mugabo aryame n'umugore we, n'umugore akorere guco umugabo we.
\v 4 Ndo ari umugore utegekaga umubiri gwe, ahubwo ni umugabo we, guco n'umubiri g'umugabo gutegekwaga n'umugore we.
\v 5 Mutere gupima kwimana na rimwe keretse mwumvikenye igihe gitoya kugira ngo mwishire mu masengesho, nyuma mugaruke hamwe, kugira ngo shetani atabagerageza kubera kunanirwa kwihangana.
\p
\v 6 Ibyo mbigambire nk'umuntu, ndo mbigize itegeko.
\v 7 Ndenda ko abagabo bose bomera nka nyowe, ariko Imana yaheye muri muntu impano imukwiriye, umwe iye, n'uwundi iye.
\v 8 Ku batari basohoza no ku bapfakazi, ndababwiye ko bibabonereye kuberaho nka nyowe.
\v 9 Ariko babeye bananiwe kwihangana, basohoze kuko biboneye gusohoza aho guhora bari gushuha.
\v 10 Ku bashohweye, ndategetse, atari nyowe ariko Umwami, umugore ndo akatane na rimwe n'umugabo we.
\v 11 Kandi babeye batenye, aberaho yere gusohozwa, cangwa yumvikene nawe. N'umugabo nta ruhusa afite ngo yirukana umugore we. Rino n' itegeko ry' Umwami.
\v 12 Naho ku bandi, ndo ari Umwami, ni nyowe mbigambire: Umuvukanyi abeye afite umugore utarizeye, kandi akumvikana nawe ngo babane, atamwirukana.
\v 13 Umugore nawe abeye afite umugabo utizeye, bakumvikana kubana, ndo akamusige.
\v 14 Kuko umugabo utizeye abonejwe n'umugore we, n'umugore utizeye abonejwe n'umugabo we, ikindi abana banyu bashijwe iruhande n' Imana, ariko buno baratungenye.
\v 15 Umupagani abeye atanye n'umugore we cangwa umugabo we, mwene data cangwa mushiki wacu, ndo afunzwe muri ico gihe. Imana yaduhamagariye kubaho mu tuze.
\v 16 Kuko mbesi ndo wiji ko, mugore we, Imana yokorera mu mibereho ya wowe, ugakiza umugabo wawe? Cangwa si wiji, mugabo we niba ukakize umugore wawe?
\v 17 Nyamara buri muntu agendere mu nzira z'Imana yamupangiye, akurikije uko yahamagewe n'Imana. Niko mbitegetse ngo bibe mu makanisa gose.
\v 18 Umuntu abeye yahamagewe akaswe, undi yahamagewe atari yakatwa, agume guco.
\v 19 Gukatwa, ntaco kumarire, no kudakatwa nako ni busha, ariko gukurikiza amategeko g'Imana ni byose.
\v 20 Buri muntu agume nkuko yari ari igihe yahamagewe.
\v 21 Mbesi wahamagewe uri umugaragu, were guhangayika no guhagarika umutima ariko wigirire ubuhuru ubikore vuba.
\v 22 Kuko umugaragu wahamagewe n'Umwami ndo akiri mu buja kubera Kristo.
\v 23 Guco mwahamagewe kuba abagaragu wa Kristo. Mwaguzwe ku beyi rinini, mwere kwigira abagaragu b'abantu.
\v 24 Mureke buri muntu, bavukanyi, aboneke hambere y'Imana nguko yabaga amerire igihe yahamagewe.
\p
\v 25 Ku byerekeye abahara batari bamenya abagabo, ntaco mfite kubabwira bivuye k'Umwami, ariko mbaheye igitekerezo, nguko nabihewe n'Umwami w'impuhwe ngo mumubonerere.
\v 26 Ibyo ndikubona bikwiriye ni bino. Kubera imisi mibi turikuganamo ni byiza, kuguma guco.
\v 27 Ufungiwe k'umugore umwe? were gushaka guca ugo munyororo. Niba udafungiwe k'umugore, were gusohoza.
\v 28 Ubeye wasohweje tayari, nda caha wakorire kandi umuhara abeye utaramenye umugabo ashohwejwe nda caha akorire, ariko bano bantu bakanyurira mu mateso gakomeye mu mubiri kandi ndigushaka ko mutagagwamo.
\v 29 Bino nibyo ndikugamba bavukanyi, nuko igihe ari gitoya, n'uko abashohweje babehi ngaho batashohweje.
\v 30 Abari kurira ngaho batarikurira, abishimye ngaho batishimye, abari kugura ngaho ntaco bafite,
\v 31 N'abarigukoresha amahera ngaho batari kugakoresha. Kuko ntaco bahuriyeho kuko isura ya yino si irigutambuka.
\v 32 Kandi ndenda ko mwibera mu mudendezo. Udafite umugore ababazwaga niby' Umwami, arigushaka inzira zo gushimisha Umwami;
\v 33 N'uwashohweje ahangayikishijwe n'iby'iyi si, n'inzira zo kunezeza umugore we.
\v 34 Kandi hariho itandukaniro hagati y'umugore n'umuhara utaramenye umugabo, umugore udafite umugabo ahangayikishijwe n'iby'Umwami, kugira ngo atungane mu mubiri no mu mwuka, kandi n'uwasohojwe ahangakishijwe n'ibintu by'iyi si, arigushaka inzira zo gushimisha umugabo we.
\v 35 Ndikugamba bino ku fayida yanyu, ndo ndikubatega, ahubwo ndenda kubageza ku ibiboneye, bikwiriye bigombye kubafungira k'Umwami mutari gutinya ibyo abashohejwe batinyaga.
\v 36 Umuntu abeye abwenye ko biteye isoni kubona uwo arigusaba yarenze igihe co gusohozwa, kandi ko ari ngombwa ngo amuzane, akore ibyo yenda nta kibi, amureke ashohwejwe.
\v 37 Ariko abipange adasunitswe kandi akoresheje ubushake bwe. Kandi akabihitemo biturukire m' umutima gwe kureka ko mwira we w'umuhara atasohozwa, uwo akoze neza.
\v 38 Muri iyo nzira ujanye uwo muhara akoze neza, n'utamushohweje akorire neza kurushaho.
\v 39 Umugore afunzwe igihe cose umugabo we akiriho, ariko umugabo apfiye, yemerewe gosohozwa n'uwo yenda. Ariko byose bigombye kubera m'Umwami.
\v 40 Ariko yigumiye guco, arushijeho kwishima, niko ndigutekereza. Kandi na nyowe nyiji ko Umwuka g'Umwami gundimo.
\c 8
\cl Isura 8
\p
\v 1 Ku byerekeye inyama baterekesheje ibizimu, twiji ko twese dufite ubwenge. Ubumenyi bubyaraga ubwirasi, ariko urukundo rurubakaga.
\v 2 Umuntu abeye yibwiraga ko hariho ico yiji, ndo abaga yariyamenya uko agombaye kumenya.
\v 3 Ariko umuntu abeye akunze Imana, uwo yijwi n'Imana.
\v 4 None rero ku byerekeye inyama ziterekerewe abazimu, twiji ko abazimu ndo bariho mwa yino si, kandi ko hariho Imana imwe gusa.
\v 5 Kuko habeye hariho ibiremwa byo bitaga imana, habe ari mu juru cangwa ku si, nguko hariho m' ubyukuri imana kangari n'abami kangari.
\v 6 Ariko, kuri twewe, hariho Imana imwe, Data uw'ibintu byose bikomotseho kandi tukaba turi abe, n'Umwami umwe, Yesu Kristo; muri we ibintu byose n'ibye natwe turiho kubera we.
\p
\v 7 Ariko ndo ari ibiryo bitwegezaga ku Mana, turiye ntaco twiyongereyeho, tubeye tutariye ntaco tupunguje ho.
\v 8 Mwirinde ahubwo, kugira ngo ubuhuru bwanyu butakabere ibuye ryo gusitaza abadafite ingufu.
\v 9 Kuko habeye hari umuntu urikukureba, weho ufite ubumenyi, wikeye hambere y'ameza mu nzu y'ibizimu, umutima g'ubumenyi gw'uwo muntu udafite ingufu, ndo gukamutume kurya izo nyama zatongerewe?
\v 10 Kandi uwo munya ngufu nkeya akarimbuke kubera ubwo bumenyi bwa wowe, muvukanyi, wo Kristo yapfiriye.
\v 11 Icaha kimerire guco ihambere y'umuvukanyi kiba kibabaje ubwenge bwe, ukoreye icaha Kristo.
\v 12 Nico gitumye niba akaryo kagushije umuvukanyi, ndo nkarye inyama na rimwe, kugira ngo nere kugwisha umuvukanyi wa nyowe.
\v 13 Niko bimerire, Umwami yategetse ko abatangazaga umwaze babeho kubera umwaze.
\c 9
\cl Isura 9
\p
\v 1 None si ndo ndi mu buhuru? None si ndo ndi intumwa? Ndo si nabwenye Yesu Umwami wacu? Ndo si muri akazi ka nyowe m' Umwami?
\v 2 Niba ku bandi ntari intumwa, muri makeya, nyowe ndiyo hambere yanyu, kuko muri ikashe y'ubutumwa bwa nyowe m' Umwami.
\v 3 Niko ndikwigambira hambere y'abandegaga.
\v 4 None si, ndo dufite uruhusa rwo kunywa na kurya?
\v 5 None si ndo dufite uruhusa rwo kuzana mushiki wacu no kumusohoza nguko izindi ntumwa zibikorire? Nguko abavukanyi m'Umwami na Kefa babikorire?
\v 6 Cangwa si, ni nyowe na Barnaba tudafite uruhusa rwo kwifasha twenyine?
\v 7 Ni nde si wagizwe umusoda agakoresha amafaranga ge? Ni nde si wateye impoko, atarya akanyamunyu? Ni nde si uragiraga ubusho atakagnwe amata gabwo?
\v 8 Bino bintu ndikugamba, ndo bibagaho si mu mico y'abantu? None itegeko si ndo ririkubigamba ?
\v 9 Kuko itegeko rya Musa ryabigambye ngo: Ndo ukafunge umunwa gw'inka igihe iriguhonyora uburo. Imana si ndo yitaga ku bimasa?
\v 10 Cangwa si arikubigamba kubera twewe? Inka ni zo Imana yitagaho gusa? Kubera twewe byandikirwe ngo: Uriguhinga agombye guhinga yizeye, n'uri gukandagira imbuto agakandagira afite ibyiringiro ko afite ho uruhare.
\v 11 Tubeye rero twababibyemo iby'Umwuka, mbesi ni ikibazo gikomeye tubeye dusaruye iby'igihe gitoya ?
\v 12 Habeye hariho abandi bafite uburenganzira kuri mwewe, none si nyowe ngombye kubyishimira kurusha abandi? Ariko ndo twakoresheje ubwo burenganzira, ariko twemeye byose, kugira ngo twere kubera abandi ikigusha k'umwaze gwa Kristo.
\v 13 None si ndo mwijii ko abakoraga akazi k'Imana mu kanisa bagombae kubeshwaho n'ikanisa, kandi ko abakoraga akazi ko ku gicaniro bafite uruhari ku biri ku gicaniro?
\v 14 Ni guco bimerire ko abarigutangaza Umwaze Guboneye. Nabo bagombye kubeshwaho n' Umwaze.
\v 15 Ariko nyowe ndo nakoresheje ubwo burenganzira, niba nanditse bino ndo ndenda kubwisabira, kuko nokwemera kwipfira aho kugira ngo nakwe bino byo niratiraga.
\v 16 Kandi mbeye ndi gutangaza Umwaze ndo ibyo nabyiratira, kuko nategetswe kubikora, kandi nkabone ibyago mbeye ntatangaje ibya Yesu.
\v 17 Mbeye mbikoze biturutse m' umutima gwa nyowe, ngahembwe. Ariko mbikorire ndigusunikwa, bikambere umuzigo nikorejwe.
\v 18 None si umushahara gwa nyowe guru hehe? Nuko, mbeye ndigutangaza ndasabye umushahara kandi ntakoresheje uburenganzira bwa nyowe nk' umuhubiri w' Umwaze, Umwami anyemereye kuguhabwa.
\v 19 Kuko, naho ari ntawe mfitiye ideni, nigize umugaragu kugira ngo nzanire Umwami wa nyowe abantu kangari.
\v 20 Hamwe n' Abayuda, nifashe ngabo kugira ngo mubonere abantu akangari, hamwe n' abategekwaga n' amategeko ngaho ndi hasi y' amategeko, naho nyowwe nyenyine ntarigutegekwa nago kugira ngo nabo bategekwaga nago baze kumenya Kristo.
\v 21 Iyo ndi hamwe n' abadakurikizaga amategeko, ngifata ngaho ntagiji, naho numviraga itegeko ry' Imana, kugira muzanire abatumviraga amategeko.
\v 22 Nifashe ngaho nta ngufu mfite. Kugira ngo muzanire abatagira ingufu, nabeye byose kuri bose kugira ngo mbone gukiza bamwe mu buryo bwose.
\v 23 Ibyo nkoraga byose mbikoraga kubera Umwaze Guboneye kandi mbigiremo urahari.
\v 24 Ndo mwiji ko abirukaga mu kibuga birikugaga bose, ariko umwe akaba ari we uhembwaga? Mwiruke murigushaka gutsinda.
\v 25 Abari kwiruka nabo bagombye kwibuza byinshi kandi bakoraga ibyo byose kugira ngo bahabwe ishapo y'ishimwe rikazambe, ariko twewe tukoraga byose kugira tukahabwe umudari gutazambaga.
\v 26 Nyowe rero ndo nirukankaga nk'abariguta igihe, ndo merire ng'abakubitaga ingumi mu muyaga.
\v 27 Ariko nkoreshaga umubiri ntagubabariye, nkagutegeka, kugira ngo nyowe nyenyine ntakabarwaenk' uwakoze busha hanyuma yuko marire kwigisha abandi.
\c 10
\cl Isura 10
\p
\v 1 Bavandimwe, ndo ndenda ko muyoberwa ko badata banyuze mu si y' ibicu kandi ko bose bambutse umugezi munini,
\v 2 ko bose babatijwe muri Musa mu gicu n'ingezi.
\v 3 Ko bose bariye ibiryo bimwe by' Umwuka,
\v 4 ko bagnwoye ibyo kunywa bimwe by' Umwuka, kuko bagnweraga ku gitare c'Umwuka cabagana nabo. Kandi ico gitare cari ari Yesu Kristo.
\v 5 Ariko benshi muri abo ndo babonereye Imana, ni cyo catumye bashirira m' ubutayu.
\v 6 Kandi ibyo byose byabereyeho kutubera umufano kugira ngo twirinde ibibi ngabo.
\v 7 Mutaba abasengaga abazimu nga bamwe muri bo nkuko byandikirwe ngo: Abantu bariyicariraga ngo bagnwe no kurya, hanyuma barahaguruka baceza ng' abasambanyi.
\v 8 Duhunge ubusambanyi, nguko bamwe muri bo bakorire, niho ibihumbi mirongo ibiri na batatu baguye aho mu musi gumwe.
\v 9 Twere kugerageza Umwami nguko bamwe muri bo bamugerageje nuko inzoka zirabarumagura.
\v 10 Mwere kububura na rimwe nguko bamwe buri bo babubwiye nuko bamarwa n' umurimbuzi.
\v 11 Ibintu nga bino byabeyeho kugira ngo bibe umufano kandi byaranditswe ngo bidukure mu bujiji, twewe twagerire ku mwisho gwa kino gihe.
\v 12 Kubera ibyo, urigutekereza ko ahagaraye yirinde atere kugwa.
\v 13 Nda kigeragezo mwanyuzemo kitari ca buri muntu, n' Imana yo kwizerwa ndo yokeemera ko mugeragezwa kurusha ingufu zanyu. Ariko hamwe nico kigeragezo akatayarishe inzira zo kukivamo, kugira ngo mushobwere kwihangana
\p
\v 14 Abo nkundaga, nico gitumye mbasabye ngo muhunge gusenga abazimu.
\v 15 Ni ngaho ndikugambisha abantu bakuze kandi bafite ubwenge, mutekereze kuri ibi ndikubabwira.
\v 16 Igihe tugnwoye hame igikopo ca vino, tukakigisha, ndo si tubaga turi gusangira amaraso ga Kristo? Igihe tumanyuwe umukati no! kugusangira, ndo tubaga turi mu bumwe n'umubiri gwe?
\v 17 Kubera ko umukati gumwe gutugiraga umubiri gumwe twewe turi akangari kuko dusangiraga twese umukati gumwe.
\v 18 Mwibuke abana b'Israeli b' umubiri. None si abaryaga ibyo batambye ndo bari umwe nabyo kubera aho gutambira
\v 19 Ni ibiki ndikugamba si? Nuko si, inyama ziterekerewe hari icyo zimarire, cangwa si ibisanamu hari ico bimarire? Oya da.
\v 20 Ndikugamba ko ibyo batambaga, ntaho bitambirwaga Imana ahubwo babitambiraga abizimu.
\v 21 Kandi ntaho nshaka ko muba bamwe n'abadaimoni. Ntaho mukwirije kunywera ku gikopo c' Umwami hanyuma kandi ngo munywere no ku c'abazimu.
\v 22 Ntaho mwasangirira ku Meza g' Umwami nyuma ngo muje gusangira ku meza ga shitani. None dushake guhagurutsa ishari ry' Imana? None si tumurusha ingufu ?
\p
\v 23 Twemerewe byose, ariko byose ntaho bidufitiye akamaro, twemerewe byose ariko byose ntaho bitwubakaga.
\v 24 Ntihagire umuntu urigushakisha inyungu ze gusa ahubwo buri wese ashake uz' uwundi.
\v 25 Mwirire ibyo bagurishaga mu soko mutari kubaza kubera umutimanama.
\v 26 Kuko isi n'ibiyuzuyemo ni iby'Umwami.
\v 27 Niba umuntu utizeye aguhamagaye kandi ukumva ushaka kujayo, uzarye byose ashize imbere yawe utari kwibaza bitewe n'umutimanama
\v 28 Ariko umuntu abeye agambye ngo: Zino nyama zaraterekerewe, were kuzirya, kubera uwo muntu wabikumenyesheje hambere kandi kubera ubwenge buboneye.
\v 29 Ndo ndenda kugamba umutima gwawe ahubwo ug'uwo muntu, kubera ki si noneho? Ubuhuru bwa nyowe bukacirirwe imanza n'umutima g'ubwenge g'undi muntu si?
\v 30 Mbeye ndiye ndigushimira Imana, kuki si ndikuregwa kubera ikintu co ndigushimiramo Imana?
\v 31 Mubeye muriye cangwa mugnwoye, cwngwa hari ico mukorire, mubikorere gukuza Imana.
\v 32 Mutasitaza Abagiriki cangwa Abayuda cangwa i kanisa ry'Imana.
\v 33 Nguko na nyowe nkoraga byose ngo nshimishe bose, ntenda inyungu za nyowe nyenyine, ariko iza benshi, kugira ngo bakizwe.
\c 11
\cl Isura 11
\p
\v 1 Munyigane nguko nanje niganaga Kristo.
\p
\v 2 Ndikubashimira kubera munyibukaga muri byose, kandi kubera ko mubikaga mu mitima yanyu ibyo nabategekire nguko nabibigishije.
\v 3 Ariko nkeneye ko mumenya ko Kristo ari umutware w'umugabo wese, ko umugabo ari umutware w'umugore n' Imana ni umutware wa Kristo.
\v 4 Umugabo wose usengaga cangwa guhanura yambeye igitambara mu mutwe amwajije umutware we.
\v 5 Ubundi, umugore usenze cangwa guhanura atambeye igitambara mu mutwe gwe usuzuguje umutware we, ni ngaho yogoshwe.
\v 6 Kuko umugore abeye utambeye igitambara ku mutwe, yogoshwe rero. None rero bibeye biteye isoni kubona umugore akase imitsatsi cangwa si yiyogosheje, yambare igitambara.
\v 7 Umugabo ndo afite uruhusa kwambara igitambara k' umutwe kuko we ni umufano cangwa ububonere bw' Imana, ariko umugore n'ububonere bw'umugabo.
\v 8 Ni guco, umugabo ndo yakuwe m'umugore, ahubwo umugore yakuwe m'umugabo.
\v 9 Kandi ndo umugabo yaremwe kubera umugore, ariko umugore yaremwe kubera umugabo.
\v 10 Nico gitumye, umugore, kubera malaika, agombye kugira k'umutwe gwe ikimenyetso co gutegekwa.
\v 11 Ariko, m' Uwami nta mugore ubagaho hatariho umugabo kandi nta mugabo ubagaho hatariho umugore.
\v 12 Kuko, uko mugore yakuwe m' umugabo uko niko n'umugabo yazewe n'umugore, kandi byose bivuye ku Mana.
\v 13 Muce urubanza mwenyine, none si bikwiriye ko umugore asenga atambeye igitambara k' umutwe?
\v 14 Kamere yo yonyine ndo irikubigisha ko biteye isoni kubona umugabo afite umutsatsi mureyi?
\v 15 Ariko ko bibonereye umugore kugira umutsatsi mureyi, kuko yahewe umutsatsi ngo gumubere igitambara.
\v 16 Hebeyeho uwenda impaka, twewe ndo tubimenyeye n'amakanisa g'Imana nago.
\p
\v 17 Niba mbamenyesheje bino hambere y'igihe, nuko bino ndo bishimishije Imana. Nuko muhuraga mutenda kuba intugane, ahubwo mwahinduye byose kuba babi kurenzaho.
\v 18 Kandi ica mbere, namenye ko igihe muhuye, hariho kutumvikana hagati yanyu, kandi na nyowe ndikubyemera mu gipande kimwe.
\v 19 Kuko ibice ni ngombwa bibabemo kugira ngo abayunguruwe bamenyekane ko bari hagati yanyu.
\v 20 Ndi kugamba ko muhuraga mutijire kurya ibiri ku meza g'Imana.
\v 21 Kuko, iyo mwikeye ku meza, buri muntu atangiraga kurya ibyo yajenye, uwundi arigupfa n'inzara, bamwe bagasinda abandi bishwe n'imyota.
\v 22 Ndo mufite amazu ganyu ngo muriremo cangwa ngo mugnweremo? Cangwa si murikugaya i kanisa ry' Imana cangwa si murikwenda kumwaza abakene? None si ngambe ki? Mwenda si ko mbashima? Kubyerekeye bino ndo nshobweye kubashima.
\v 23 Kuko, nahewe n'Imana ibyo ndenda kubigisha. Nuko Umwami Yesu, rya joro yatanzwe yafashe umukati,
\v 24 Kandi amaze gushima, aragumanura, aragamba ngo: Guno n'umubiri gwa nyowe, gumanyuwe kubera mwewe, mukore guca murikunyibuka.
\v 25 Guco, bamarire kurya, yafatire igikopo nuko aragamba: Kino gikopo n'ukungwa gushasha mu maraso ga nyowe, mukore guca muri kunyibuka buri musi go mukabe muri kukignweraho.
\v 26 Kuko buri gihe murikurya guno mukati no kunywa kino gikopo, murigutangaza urupfu rw'Umwami kugeza igihe akayije.
\v 27 Ni co gitumye umuntu wose uriye guno mukati cangwa kugnwa kuri iki gikopo mu kavuyo akatsindwe n'urubanza hambere y'umubiri n'amaraso g'Umwami.
\v 28 Rero, buri muntu yihegereze wenyine kandi guco arye umukati no kugnwera ku gikopo.
\v 29 Kuko uri kurya cangwa kugnwa atahangayikiye umubiri g'Umwami arikurya no kunywa yikururiye urubanza we wenyine.
\v 30 Nico gitumye hariho, mwiji mwese, ibirema akangari, abarwayi n'umubare munini gw'abapfiye.
\v 31 Tubeye twicirije urubanza twenyine, ndo tukatsindwe.
\v 32 Ariko tubeye duciriwe urubanza, Umwami akaduhane kugira ngo tutakatsindwe hamwe n'isi.
\v 33 Guco, bavukanyi, igihe muhuye kubera ibyo kurya, mwirindane.
\v 34 Umuntu abeye apfuye inzara, arye iwe aho kugira ngo muhure muriguciranira imanza. Nkamare ibibibazo bisigeye igihe nkashohwere iyo.
\c 12
\cl Isura 12
\p
\v 1 Kubyerekeye impano z'umuka, ndo ndenda, bavukanyi ko mubera m' ubujiji.
\v 2 Mwijii ko igihe mwabaga muri abapagani mwakoreshwaga n'ibisanamu bitewe n'uko mwunvaga mwenda gukoreshwa.
\v 3 Nico gitumye mbamenyesheje ko nta muntu arigukoreshwa n'Umwuka gw'Imana wogamba ngo Yesu avumwe! Kandi nta wagamba ngo Yesu n'Umwami atari kugambishwa n'Umwuka guboneye.
\p
\v 4 Hariho impano akagari, ariko Umwuka gumwe,
\v 5 Hariho akazi kenshi, ariko Umwami gumwe.
\v 6 Hariho nzira akangari zo gukoreramo, ariko Imana imwe ikoreraga byose muri bose.
\v 7 Kandi buri muntu yahewe ukwiyereka k'Umwuka kugira gugirire akamaro abenshi.
\v 8 Kuko umwe yahewe n'Umwuka igambo ry'ubwenge, uwundi yahewe igambo ry'ubumenyi n'ugo Mwuka tu.
\v 9 Uwundi yahewe kwizera n'ugo Mwuka, uwundi yahewe impano yo gukiza abarwayi n'ugo Mwuka tu.
\v 10 Uwundi yahewe gukora ibitangaza, uwundi impano yo kuburira, uwundi ubushobozi bwo gusengura imwuka, uwundi yahewe gusobanura izo ngambo.
\v 11 Umwuka gumwe kandi gumerire kimwe gukoraga ibyo bintu byose, guriguha buri wose nguko gubyenda.
\p
\v 12 Kuko, nguko umubiri ari gumwe, ariko gufite ibice akangari. Kandi nguko ibice by'umubiri nabyo ari akangari bikorire umubiri gumwe, niko turi muri Kristo.
\v 13 Kuko twabatirijwe twese m'Umwuka gumwe kugira ngo tube umubiri gumwe, tube Abayuda, Abagiriki cangwa abagaragu, abakuru, ariko twese twahewe impano n'Umwuka gumwe.
\v 14 Nuko rero, umubiri ndo ari igice kimwe, ariko gukozwe n'ibice akangari.
\v 15 Akaguru kagambire ngo: kuko ntari umubiri, ndo ndi ugice c'umubiri, bikabujije si kutaba igice c'umubiri?
\v 16 Kandi ugutwi kuramutse kugambire ngo: Kuko ntari ijisho, nxo ndi uw'umubiri, bitumye si gutaba igice c'umubiri?
\v 17 None si umubiri gose gwabeye ari ijisho gusa, kumva koviyehe? Byose byobewe ugutwi kuhumurirwa koviyehe?
\v 18 None rero, Imana yashije buri gice m'umubiri nguko yenda.
\v 19 None si byobeye byose igice kimwe, umubiri gori kubahe?
\v 20 None rero, hariho ibice akangari, ariko umubiri ni gumwe.
\v 21 Ijisho ndo ryobwira ukuboko ngo: ndo ngukeneye, umutwe nago ndo gobwira ibirenge, ndo ngukeneye.
\v 22 Ahubwo ibice by'umubiri bibonekaga kubura ingufu nibyo bifite akamaro.
\v 23 Na bya bindi turebaga ko ndho bifite icubahiro, nibyo tuhoraga turiguha ibyubahiro. Guco, ibice bimwaye nibyo duhaga ibyubahiro byinshi.
\v 24 Ahubwo ibice bitamwaye ndo bikeneye gucungwa neza. Imana yafatanije ibice by'umubiri m'uburyo bwo guha icyubahiro kinini ku bice bidafite icubahiro.
\v 25 Kugira ngo hatabaho kwitandukanya m' umubiri, ariko ngo buri bice bigiririane akamaro bimwe kubindi.
\v 26 Igice kimwe kibeye kibabaye, ibice byose biba bibabeye hamwe naco. Igice kimwe kibeye gihewe icubahiro, n'ibindi bice byose byishimaga hamwe naco.
\v 27 Muri umubiri gwa Kristo kandi muri ibice bye, buri muntu m'uruhande rwe.
\v 28 Kandi Imana yashijeho hambere ya byose intumwa, hanyuma imbuzi, ubwagatatu abadogiteri m' ubumenyi bw'Igambo, hanyuma abafite impano z'ibitangaza, hanyuma abahewe impano zo gukiza abarwayi, gufasha n'abagambaga mu ngambo z'uburyo byinshi.
\v 29 None si bose n'intumwa? Bose si n'abadogiteri m'ubumenyi by'Igambo?
\v 30 Bose si bafite impano y'ibitangaza? None si bose bahewe impano zo gukiza abarwayi? None si bose bagambaga mu ngambo? None si bose barasobanuraga?
\v 31 Hejuru ya byose, mwifuze impano zirusha izindi. Kandi ndenda kubereka tena inzira iboneye kuruta izindi zose.
\c 13
\cl Isura 13
\p
\v 1 Mbeye ngambye ingambo z'abantu na malaika, kandi nta rukundo rundimo, ndi ng'igikunguru kirikuyomba cangwa nk'ikugoma kirikuyomba cane.
\v 2 Kandi mbeye mfite impano zo kuburira no kugamba ibikabe, nkagira ibyigisho byo kumenya ibyo ubwenge byose butiji, mbeye nizeye kugeza igihe noheka imisozi, ntafite urukundo ntaco marire.
\v 3 Kandi naho notanga ibya nyowe byose ngo mfashe abakene, kandi ngatanga umubiri gwa nyowe ngo mpirwe m'umuriro ku na fasi y'uwakorire amakosa, ntafite urukundo ntaco bimariye .
\v 4 Urukundo rurihanganaga, rugiraga neza, ndo rugiraga ishari, ndo rubesheranaga, ndo rupangaga ibibi, cangwa kwirata.
\v 5 Ndo rukoraga igitari ukuri, ndo rushakaga ifaida zarwo gusa, ndo rubabazwaga na busha, ndo rutekerezaga ikibi.
\v 6 Ndo rwishimiraga gutsindisha, ariko rwishimiraga ukuri.
\v 7 Rubabariraga byose, rwihanganiraga byose .
\v 8 Urukundo ndo rupfaga na rimwe, kuburira bukashire, ingambo zikagire umwisho, ubumenyi bukaveho
\v 9 None rero, hano m' ubuzima beach twiji dukeya. Abarigutangaza Umwaze gw' Imana babikoraga mu nusu.
\v 10 Ariko igihe gitungenye kikayije, ibintu byose bitujwiye bikayoyoke .
\v 11 Igihe nabaga ndi umwana, nagambaga ibyo ubwana, natekerezaga nk'umwana, napanganga nk'umwana, ariko marire gukura rero, naretse ubwo ubwana.
\v 12 Buno tureberaga mi kiyo turi guhumaguza, ariko ico gihe tukarebe neza kandi amaso ku maso. Buno ubumenyi bwa nyowe nd bwujwiye, ariko ico gihe nkamenye nguko atwiji.
\v 13 Buno hariho ibintu bitatu bitashiragaho: kwizera, kwiringira, n'urukundo, ariko igikuru muri ibyo bitatu n'urukundo .
\c 14
\cl Isura 14
\p
\v 1 Mushakishe urukundo. Mwifuze impano z'Umwuka ariko cane cane mwifuze impano yo kuburira.
\v 2 Kuko urikugamba mu ngambo atabaga arikubwira abandi bantu, ariko abaga arikugamba n'Imana, kuko nta muntu n'umwe vumvaga ibyo arikugamba kandi abigambaga nguko Umwuka gubaga gushakire.
\v 3 Ariko imbuzi yo abaga arikugambana n'abantu, arikubaha ingufu, arikubarema agatima no kubahumuriza.
\v 4 Urikugamba mu ngambo, abaga arikwiyigisha wo wonyine ariko urikuburira abaga ari gufasha ikanisa .
\v 5 Biraboneye ko mwewe mugamba muri izo ngambo, ariko ibiboneye kurushaho no ukubona ikanisa ryose rihewe impano yo gutangaza Umwaze gw' Imana. Buri muntu urikuburira abaga arigukomeza abakristo bira be. Kubera ibyo, imbuzi irusha kure urikugamba mu ngambo kiretse habonekireho uwundi ushobweye kuzitafusiri, kugira ngo ikanisa rikure.
\v 6 None buno, bavukanyi, nkabamarire ki mbeye nyijire iwanyu ndikugamba ingambo ndo ndikubahishurira ibihishwe cangwa si ibyo namenye cangwa ntarikubigisha ibishasha?
\v 7 Niba ibintu bidafite ubuzima bizanaga ijwi nk'umwironge cangwa inanga bidatangaga amajwi garikumvikana, none si tukatandukanye ibirikuririmbirwa ku mwironge cangwa inanga gute?
\v 8 Niba ingunga zisohoraga ijwi ritarikumvikana, n'inde ukamenyeshe abasoda ko indwano zasutamire?
\v 9 Niko bibamereye mwewe. Niba mukoresheje izi ngambo zanyu zidushobweye gusohora ijwi ririkumvikana, abantu bakamenye gute ibyo murikugamba? Kuko mukabe murikuyombera busha .
\v 10 Ingambo z'isi uko ari kangari kandi zitandukanye, zose zifitiye akamaro ku abarikuzumva.
\v 11 Niba ntazi ico ururimi rurikugamba, aho nkabe mbeye umunyamahanga hambere y'urukagamba kandi uwo nawe akabe ambereye umunyamahanga.
\v 12 Na mwewe uko murikwenda impano z'Umwuka, mubishake kugira ngo mukuze ikanisa kandi muzishake k'ubwinshi.
\v 13 Nico gitumye urikugamba ingambo, asabe Imana imuhe impano yo kuzisobanura.
\v 14 Kuko niba ndigusenga mu ngambo, umwuka gwa nyowe guba gurigusenga, ariko ubwenge ntaco bukabe bumariye abandi.
\v 15 Dukore ki none si? Dusenge m'Umwuka kandi dusenge n'ubwenge, nkaririmbire m'Umwuka ariko nkaririmbe m'ubwenge.
\v 16 Ukundi, ubeye urigushimira Imana m'Umwuka urikubona ko umuntu usanzwe akasubuze ngo Amina gute igihe uriguhimbaza kubera ko akabe atarikumenya ibyo urikugamba?
\v 17 N'ukuri ko urigushima Imana, ariko umenye ko undi atarigufashwa.
\v 18 Ndigushimira Imana kuko mbarushije mwese kugamba mu ngambo.
\v 19 Ariko mu kanisa biraboneye kugamba amagambo atanu nkoresheje ubwenge bwa nyowe kugira ngo mfashe aho kugamba amagambo ibihumbi mu ngambo.
\p
\v 20 Bira ba nyowe, mwere kugumya kwifata nk'abana ku byerekeye ubushishozi. Ariko mube abana bakuru mu bitekerezo byanyu.
\v 21 Byandikirwe mu tegeko ngo: Nkakoreshe abagambaga izindi ngambo, nkakoreshe iminwa y'abashitsi kugamba na buno bwoko kandi naho ariko bimerire ngaho batakanyumve, n'iko Uhoragaho agambye .
\p
\v 22 Nico gitumye ingambo ziri ikimenyetso atari ku abizeye, ariko hambere y'abapagani, imburo mu zindi nzira ndo ari ikimenyetso k'ubatari bizera ariko ku abizeye.
\v 23 Niba rero mu huriro cangwa mu kanisa bose bagambye ingambo, hanyuma hakija abapagani cangwa abantu basanzwe ndo bakabite abasazi kweli?
\v 24 Ariko niba bose baburiye, hakija abantu basanzwe cangwa abatizeye bakamenye ibyaha byabo no kubyihana.
\v 25 Ibihishwe byo m'umutima gwe bikerekanwe, kugeza igihe akagwe amaso gari hasi, arigutangara no gutinya, kandi akahaguruke ariguhimbaza, arikugamba ko Imana irikubakoresha bya kweli.
\p
\v 26 None si bavukanyi, dukore ki? Igihe muhuye mu mukutano, mbesi bamwe mubaga mufite indirimbo, inyigisho, ibishasha mwenda kumenya cangwa kwigisha, abandi ingambo, cangwa ubusobanuro bw' ubutumwa yagambire mu ngambo? Mukore ibyo kubafasha mwewe kubera mwewe muri i kanisa ry' Imana.
\v 27 Mbesi muri mwewe harimo abagambaga ingambo? Bakagambe ari babiri cangwa batatu gusa. Kandi bere kugambira rimwe, kandi habeho uwundi wo kuzisobanura.
\v 28 Uwo gusobanura abeye atariho uri, bose baceceke mu kanisa. Kanyuma buri muntu yibwire wonyine no kugambana n' Imana.
\v 29 Ku byerekeye imburo, abantu babiri cangwa batatu abe aribo bagamba, abandi bige neza izo mburo bakurikje ibyandikirwe mu Biblia.
\v 30 Kandi niba uwundi wikeye afite ibishasha, uwambere ahore. Guco, abakristo bose bakumva ubwo imburo.
\v 31 Kuko mwese mushobweye kuburira kugira ngo bose bigishwe kandi ngo bose bakure mu kumenya no gukundwa Imana.
\v 32 Imyuka y'imbuzi yunviraga imbuzi.
\v 33 Kubera Imana yacu itari Imana y'akavuyo ariko Imana y' ituze. Nguko uko bimerire mu makanisa g'intugane.
\v 34 Abagore bahore mu huriro kuko ndo bemerewe kugambarimo, ahubwo bicishe bugufi ko itegeko naryo ririkugamba guco.
\v 35 Niba benda nabo kumenya igambo aryo ryose babaze abagabo babo m'urugo kuko ndo ari byiza ko umugore agambira mu kanisa.
\v 36 Mbesi igambo ry'Imana ryaturutse muri mwewe? Cangwa ni mwewe ryagezeho mwenyine?
\p
\v 37 Umuntu abeye arikwibonaho kuba imbuzi cangwa si arigukoreshwa n'Umwuka, amenye ko ibyo nabandikiye ari ibyo gukurikizwa kubera ko n'itegeko ry'Umwami.
\v 38 Habeye hariho utenda kwemera ibyo nanditse, mwere kumwemera namwe mu huriro.
\p
\v 39 Nuko rero, bavukanyi, mushakishe impano y' imburo kandi mwere kubuza abantu kugamba ingambo.
\v 40 Ariko byose bikorerwe mu kwitonda no muri gahunda.
\c 15
\cl Isura 15
\p
\v 1 Ndikubibutsa, bavukanyi, ko umwaze guboneye nagubatagarije. Ugo mwabwenye, ugo buberekaga uko muberaho,
\v 2 Ugo n' Umwaze gwabakijije, niba mugukomeje nguko nababwiye, keretse mubeye mwarizereye busha.
\v 3 Kubera ko ico nahewe nico ndenda kubasigira. Kristo wadupfiriye kubera ibyaha byacu, nguko Amandiko gari gagambire hambere, yahambwe, Imana yamuzuye umusi gwa gashatu byose bikurikiranye n' ibyandikirwe.
\v 5 Kandi yiyerekanye kwa Kefa, hanyuma yaho ku zindi ntumwa
\v 6 Kandi ko yiyerekanye hambere y'abandimwe barenze magana tanu bari hamwe. Bamwe muri bo ni bazima n'abandi bamarire gupfa.
\v 7 Hanyuma yabonekeye kwa Yakobo, hanyuma tena ku ntumwa ze zose.
\v 8 Hanyuma y'abo batatu, na nyowe yambonekeye, ngabo ndi nk'umwana wavutse adakwiriye.
\v 9 Kuko nyowe ndi uwa mwisho mu ntumwa zose, ndo nkwiriye kwitwa intumwa kuko natesheje ikanisa ry'imana.
\v 10 Kubera ubuntu bw' Imana ndi ico ndico, kandi ubwo buntu ndo bwambereye busha. Nakorire kubarusha bose; atari nyowe, ariko kubera ubuntu bw' Imana buri hamwe na nyowe.
\v 11 Kubera ibyo, abeye ari uwundi, cangwa nyowe nabigishije, nta kambabeje. Twababwiye umwaze gwerekeye Kristo kandi mwamwizeye.
\p
\v 12 Ariko, twigishije ko Kristo yazutse hagati y'abafyiye ni gute bamwe muri mwewe bagambaga ngo nta muzuko guriho?
\v 13 Kuzuka kuva mu bapfiye kuriho, Kristo nawe ntaho yazutse.
\v 14 Kandi niba Kristo atazukire, amahubiri gacu ni ga busha no kwizera kwanyu nako ni kwa busha.
\v 15 Birikubonekana rero ko turi abadimwe b'ababeshi hambere y'Imana, kuko twemezaga ibyo Imana itakorire, ko yazuye Kristo kandi atamuzuye, abapfiye babeye batakazuke.
\v 16 Kuko abapfiye babeye batakazuke na rimwe, Kristo nawe ndo yazutse.
\v 17 Kandi Kristo abeye atazutse, kwizera kwanyu ntaco kumarire, muracari mu byaha byanyu,
\v 18 Kandi ni kugamba ko abapfiye muri Kristo baherire.
\v 19 Tubeye twizeye Kristo kubera ubuzima bwa buno buno, basi twewe turi indishi kurusha abantu bose bo mu yino si.
\p
\v 20 Ariko rero, Kristo yazutse mu bapfiye, we ni uwambere m'ubakazuke.
\v 21 Nguko urupfu rwazenywe n'umuntu umwe, niko kuzuka kuva mu bapfiye nako kuzenywe n'umuntu umwe, niko umuzuko kuva mu bapfiye kwazenywe n'umuntu umwe.
\v 22 Kandi nguko bose bapfiriye muri Adamu, ni guco bose bakahabwe kubaho muri Kristo.
\v 23 Ariko bose bakazuke bikurikiranye guca, Kristo niwo wazutse hambere, hanyuma abahujijwe na Kristo hakabeho tena, igihe akagaruke hano ku si.
\v 24 Hanyuma isi ikashire, igihe Kristo akagarurire ubwami Imana Data, amarire kurimbura ubutegetsi byose, n'ubutware byose, n'ingufu zose.
\v 25 Kubera ko Kristo akategeke afite ingufu kugeza aho azakanyatire abanzi be bose musi y'ibikandagizo bye.
\v 26 Umwanzi wa nyuma wo akarandure n'urupfu.
\v 27 Kuko Imana yashirire byose hasi y'ibikandagizo bye. Ariko niba agambire ko byose akabitegeke, birimvikana ko uwamuheye ingufu zo kubitegeka atakategekwe nawe (atari muri ugo mubare).
\v 28 Kandi igihe ibyo byose bikashirwe hasi ye ngo abitegeke, Umwana w'Imana akiyake ingufu ze, akazisubize uwazimuheye kugira ngo Imana ibe byose muri byose.
\p
\v 29 Mu gandi magambo, bikababere gute abibatirizaga abapfiye? Abapfiye babeye batakazuke na rimwe, kuki babibatirizaga?
\v 30 Na twewe ntaco bikatugezeho nk' intumwa kugumya gutangaza umwaze guboneye.
\v 31 Buri musi mbaga ndi hambere y'urupfu, ndikubyemeza, bavukanyi, kubera ko muri ipete rya nyowe muri Yesu Kristo Umwami wacu.
\v 32 Niba narwanye n'ibisimba byo mu shamba kugira ngo abantu bambone, nakuyemo si iki? Abapfiye babeye batakazuke, turye no kugnwa kubera ko ejo tukapfe.
\p
\v 33 Mwere kwihabya kuri ibyo, abira babi zizambyaga kubaho k'umuntu.
\v 34 Mwisubireho nguko bikwiriye, mureke gukora ibyaha kuko bamwe batiji Imana, ndikubabwira ndi no kubamwaza.
\p
\v 35 Ariko bamwe barikwibaza ngo abapfu bakazuke gute? Bakazuke si bambeye uguhe mubiri?
\v 36 We musenzi we, imbuto uteraga nd zishobweye kubaho yena keretse zimanjije kubora.
\v 37 N'ico uteraga ndo ari gwa mubiri gongeraga kuvuka, n'ugutera akabuto ka burebure (kagayitse) kabe kari ingano cangwa iyindi mbuto,
\v 38 Hanyuma Imana imuhaga umubiri nguko yenda kandi ahaga buri rubuto umubiri gurukwiriye.
\v 39 Imibiri yose ndo ari umubiri gumwe, ariko hariho umubiri gw'abantu, n'ugundi gw'ibisimba, ugundi gw'inyoni, ugundi gw'amahere.
\v 40 Hariho kandi n'imibiri yo mu juru n'imibiri yo mu si, ariko hariho kwerereza kw'imibiri yo mu juru, hariho no kwerereza kw'imibiri yo mu si.
\v 41 Hariho umwangaza gw'izuba, n'ugu kwezi, n'ugw' inyenyeri kandi ugw'inyenyeri imwe gutandukanye n' ugw'iyindi nyenyeri.
\v 42 Niko bimerire kubyerekeye umuzuko gw'abapfiye, umibiri guterwaga ari umubiri guboraga, ariko gukazuka gutakabore.
\v 43 Guterwaga gusuzuguritse, gukazuka gufite icubahiro, guterwaga guremaye, gukazuka gujwiye ingufu;
\v 44 Guterwaga guri umubiri go ku si, gukazuka guri ingufu ziviye ku Mana. Nuko rero hariho umubiri gw'ibyaha, hariho n'umubiri gujwiye ingufu z' Imana, nigo guhoragaho.
\v 45 Nico gitumye amandiko gagambye ngo: umuntu wo hambere Adamu yari afite ubuzima kandi akabutanga ku abamukomotesho. Adamu wo hanyuma yahindutse Umwuka guzanaga ubuzima igihe cose.
\v 46 Ariko ico umubiri nico co hambere, ico Imana n' ico Umwuka.
\v 47 Umuntu wo hambere wakuwe mu butaka ni uwa yino si kandi yakozwe mu mucucu, umuntu wa kabiri ni uw'ijuru.
\v 48 Nguko ugo ubutaka gumerire niko ibyaremye biri mu si bimerire, uko ugo mw'ijuru gumerire nuko ibyaremwe biri mu juru bimerire.
\v 49 Kandi nguko twambeye isura y'ibyo mu si, niko tukambare isura y'abari mu juru.
\p
\v 50 Bavukanyi, ibyo ndikugamba nuko umubiri n'amaraso bitakabone umurage m' ubwami bw' Imana, kandi umubiri guboraga ndo goragwa kutabora.
\v 51 Munyumve, ngiye kubavumburira isiri: ndo tukapfe twese ariko twese tukahindurwe.
\v 52 Mu kanya gatoya ngo guhumbya, ku ngunga yo hanyuma, ingunga ikaririmbe, n'abapfiye bose bakazuke batakongere kubora, natwe dukahindurwe.
\v 53 Kuko ngambwe yuko guno mubiri gupfaga, Imana ukagugirire mushasha, ndo gukupfe na rimwe.
\v 54 Igihe guno mubiri guboraga gukabe gwambeye kutabora na guno mubiri gupfaga gukabe gwambeye kudapfa, rya gambo rigambye ngo: urupfu rwatsinzwe burundu. No rikatsinde tena.
\q
\v 55 Rupfu weeee, gutsinda kwawe kuri hehe? Rupfu weeee, uruburi rwa wowe ruri hehe.
\p
\v 56 Uruburi rw'urupfu n'icaha kandi ingufu z'icaha n'itegeko.
\v 57 Ariko amashimwe ni ag'Imana waduheye gutsinda muri Yesu Kristo Umwami wacu!
\v 58 Nuko rero bene data na bashiki bacu, dukunze ko muhagarara neza, mutari kunyeganyega, muri gukora buri gihe ibibonereye Imana, muri kumenya ko Umwami atakahindure busha imibiri yanyu.
\c 16
\cl Isura 16
\p
\v 1 Kubyerekeye gukusanya ibyo gufasha intungane, mubikore na mwewe nguko nategetse amakanisa g' i Galatiya.
\v 2 Buri muntu ku cumweru, ashire iruhande ibyo ashobweye, akurikije ubukire bwe, kugira ngo atarindira umusi go nkayijeho ngo nshire hamwe izo michango.
\v 3 Nkabatumire ibarua izanywe n'abantu bo mukabe mwemeye mweho mwenyine ngo bazane ibyo mukabe mwatanze i Yerusalemu.
\v 4 Niba ico gitumye ngomba kwija nyenyine, nkayije hamwe nabo.
\v 5 Nkayije hawenu nambutse Makedonia, kuko koko niho nkambukire.
\v 6 Bishobotse nkabane na mwewe, cangwa nkabane na mwewe mu gihe c'imbeho cose, kugira ngo mukamperekeze ndikugenda.
\v 7 None ndo ndenda kubaramutsa ndigutambuka, ariko nizeye ko nkayije no kubana na mwewe agahe gatoya, Umwami nanyemerera.
\v 8 Ariko nkabere i Efeso kugeza umusi gwa Pentekoste.
\v 9 Kuko Umwami yanfunguriye umuryango munini ngo ngunyuremo ariko abanzi n'isoko.
\p
\v 10 None rero igihe Timoteyo akayije, mukore byose mushobweye ngo mumuvane mo ubwoba, kuko akoraga nka nyowe umurimo g'Umwami.
\v 11 Here kubonekaho kumugaya. Mukamuherekeze mu tuze kugira ngo yije kundeba, kuko nyowe hamwe n'abavukanyi turamurindiriye.
\v 12 Kubyerekeye mwene data Apolo, namusabye kenshi ngo yije kubasura ari hamwe n'abavukanyi, ariko amerire ngaho atenda kwija buno, akayije ni aba tayari.
\p
\v 13 Mwere gusinzira mugumye kwizera, mubere abagabo, kandi mukomere.
\v 14 Ibyo mukakore byose mubikoreshwe n'urukundo.
\p
\v 15 Bavukanyi, mbafitiye irindi gambo ryo kubabwira. Mwiji ko umuryango gwa Stefanasi ari go gwa hambere kwizera muri Akaya kandi ko gwitangaga gufasha intungane.
\v 16 Na mwewe muhangayikire abantu bamerire guco, mwubahe n'abandi bose bakoraga akazi babishirire ku mutima.
\v 17 Nico gitumye nishimiye kwija kwe hamwe na Fortunato na Akaiko, abo babeye hamwe na twewe mu mwanya gwanyu.
\v 18 Kuko bahujije umutima gwa nyowe n'ugwanyu. Abantu ngabo mumenye kubarata.
\p
\v 19 Amakanisa go muri Azia garikubatasha, muramukanye mukoresheje hobe itungenye.
\v 20 Abavukanyi bose barikubaramutsa, muhoberane mwese nk'intungane.
\p
\v 21 Ndikubaramutsa, nyowe Paulo n'ukuboko kwa nyowe.
\v 22 Hagize umuntu udakundaga Imana, abe ikivume. Maranatha.
\v 23 Ubuntu buviye k'Umwami bube na mwewe.
\v 24 Ndabakunze mwese muri Yesu Kristo.